Mu gihe iminsi isigaye kugira ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rifunge ibarirwa ku ntoki, izina rya Nicolas Sebwato rikomeje kuzenguruka mu itangazamakuru ry’imikino, rikavugwa cyane mu buryo bushamikiye kuri APR FC. Uyu munyezamu w’Umunya-Uganda, wigaragaje cyane mu myaka ibiri ishize akinira Mukura Victory Sports, ntiyongereye amasezerano ye nyuma yo kurangiza amasezerano yasinye mu 2023. Ni we watowe nk’umunyezamu mwiza wa Shampiyona ya 2024/25, bikaba ari imwe mu mpamvu ituma izina rye rihuza amatsinda atandukanye. Amakuru akomeje gucicikana avuga ko APR FC ishobora kumwegukana, nyuma y’uko igaragaje icyuho ku…
SOMA INKURUDay: August 27, 2025
Minisitiri Nelly Mukazayire yigaruriye amarangamutima ya benshi mu buryo butunguranye
Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho adasanzwe agaragaza Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, yifatanya mu myitozo n’ababyinnyi b’itorero Inyamibwa. Ababonye ayo mashusho benshi bagaragaje amarangamutima adasanzwe aherekejwe no kwibaza uko Minisitiri yisanze mu myitozo y’imbyino za gakondo. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobora iri torero, nta gahunda yari ihari mbere yo kwakira Minisitiri. Yagize ati: “Twari mu myitozo y’ababyinnyi bashya muri Kigali Universe, aturuka inyuma aradusuhuza, hanyuma mu buryo bwadutunguye na we ahita yinjira mu mwitozo. Yadusanzemo iminota igera kuri 15, byari ibintu bishimishije cyane.” Yakomeje atangaza ko iyo myitwarire yagaragaje ko…
SOMA INKURUIgisirikare cya RDC mu mayira abiri: Byinshi kuri dosiye y’abasirikare bashinjwa umugambi wo guhirika Tshisekedi
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gushakisha amahoro n’umutekano mu gihe cy’impinduka zitoroshye, urubanza rw’abasirikare bakuru bashinjwa umugambi wo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi rwafashe indi ntera. Ubushinjacyaha bw’igisirikare bwasabye Urukiko Rukuru rwa gisirikare gufatira abo bofisiye ibihano bikomeye, birimo gufungwa imyaka 15, kwirukanwa mu ngabo no kwamburwa amapeti. Abashinjwa barimo Brigadier General Ericsson Bakati, Lt Col Gervais Malaji, Majors Jean-Marie Kasereka, Philippe Mambolo na Paluku, ndetse na Lieutenants David Lusenge na Kakule. Ubushinjacyaha bwari buhagarariwe na Gen Maj Cyprien Muwau, bwemeje ko aba bose bagize uruhare…
SOMA INKURURhumatisme: Une douleur silencieuse qui détruit des vies
Dans de nombreuses familles, le mot rhumatisme évoque immédiatement une souffrance lancinante, des articulations raides et une mobilité réduite. Cette maladie, souvent associée à la vieillesse, touche pourtant aussi des adultes jeunes et parfois même des adolescents. Derrière les chiffres médicaux se cachent des vies bouleversées. Le rhumatisme se manifeste de plusieurs façons, mais la plupart des patients décrivent des douleurs persistantes aux articulations, surtout le matin. Les doigts, les genoux, les chevilles et parfois la colonne vertébrale sont les zones les plus atteintes. Raideurs, gonflements, fatigue chronique et fièvre…
SOMA INKURUIngaruka z’itemwa ry’ibiti ku bantu n’ibihe zikomeje kwiyongera, hari icyakorwa mu kuzikumira
Mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho ingo nyinshi zikoresha inkwi n’ibizikomokaho nk’isoko y’ibicanwa, ikibazo cy’itemwa ry’amashyamba ku bwinshi gikomeje kugaragara. Nubwo bifasha mu gutegura ibiribwa n’ubucuruzi bukomoka ku bicanywa bugaha bamwe imibereho, ingaruka zabyo zirenga kure inyungu z’ako kanya. Impuguke mu bidukikije zivuga ko itemwa ry’ibiti ridafite igenamigambi ryongera umuvuduko w’ihindagurika ry’ibihe. Dr. Théophile, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, abisobanura agira ati: “Iyo ibiti bitakiriho, ubushyuhe buzamuka vuba, imvura ikagabanuka cyangwa ikaba nyinshi ku buryo butateganyijwe. Bityo imyaka ntiyera neza, abaturage bagahura n’inzara.” Akomeza atangaza ko amashyamba afasha mu kunyunyuza…
SOMA INKURUIbihaha by’ingurube byashyizwe mu muntu ku nshuro ya mbere byaramuhiriye?
Mu bitaro bya Guangzhou Medical University byo mu Bushinwa habereye igikorwa cyanditse amateka mu buvuzi. Umugabo w’imyaka 39 wahitanywe no gupfa k’ubwonko yaherewe ibihaha by’ingurube, bikamara iminsi icyenda bikora mu mubiri we. Ni bwo bwa mbere ibi bikorwa mu buzima bwa muntu, nk’igice cy’ubushakashatsi bugamije gushaka ibisubizo ku kibazo cy’abakenera gusimburirwa ingingo ariko bakabura abazibaha. Uyu mugabo yari afite ikibazo cyatumye atakaza ubwonko burundu, ariko umutima we ukomeza gukora neza hifashishijwe. Kubera ko nta buryo bwo kumukiza bwari buhari, abashakashatsi basabye umuryango we ko umurambo we wakorerwaho igerageza. Intego kwari…
SOMA INKURU