Mu gihe isaha yo gutangira shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igenda yegereza, ikipe ya Police FC iyobowe n’umutoza mushya Ben Moussa irakataje mu myiteguro y’uyu mwaka w’imikino wa 2025–2026. Uyu mutoza yatangaje ko intego ye ari guhindura amateka no kwegukana igikombe cya shampiyona. Uyu mutoza ukomoka muri Tuniziya yagaragaje ko adafite gahunda yo gukomeza amateka yo kuba ikipe ihora igarukira ku mwanya wa kabiri cyangwa uwa gatatu. Ati: “Ntabwo naje i Kigali nje gutembera. Naje hano gukora amateka mashya, ndashaka igikombe cya shampiyona. Police FC ibifitiye ubushobozi kandi nanjye nabyiyemeje.”…
SOMA INKURUDay: August 4, 2025
Bitunguranye Amerika yahagaritse visa ku Barundi by’agateganyo
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Bujumbura kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Kanama 2025, yavuze ko hakomeje kugaragara ibikorwa bihonyora amategeko agenga viza, ari na byo byatumye hafatwa iki cyemezo guhagarika by’agateganyo itangwa rya visa ku baturage b’u Burundi Rigira riti: “Kubahiriza amabwiriza ya viza si ikibazo cy’umuntu ku giti cye, ni inshingano rusange z’’igihugu.” Nubwo Ambasade itigeze ivuga ibyaha runaka byihariye byakozwe cyangwa uko byakozwe, yasobanuye ko imyitwarire y’abantu bamwe ishobora kugira ingaruka ku gihugu cyose. Iki cyemezo kije gikurikirana…
SOMA INKURUU Rwanda rwungutse abasirikare 81 barangwa n’ubumenyi, ubwitange n’icyizere
Mu birori byaranzwe n’ubunyamwuga n’icyubahiro, abasirikare 81 mu Ngabo z’u Rwanda barangije amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza, bahawe impamyabumenyi zabo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako. Ibi birori bikomeye byabaye kuri uyu wa Mbere, tariki 4 Kanama 2025, byateguwe ku bufatanye bwa RDF na Kaminuza y’u Rwanda. Abarangije barimo 20 bafite ipeti rya “Lieutenant” bize ubuvuzi rusange n’ubuvuzi bw’amenyo, n’abandi 61 bafite ipeti rya ‘Sous-Lieutenant’ bize amasomo atandukanye ajyanye n’ubumenyi rusange n’ubuhanga bwa gisirikare. Mu ijambo ry’ingenzi, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yabibukije ko bari kwinjira mu Isi ihindagurika…
SOMA INKURUU Rwanda rwemeje kuba indorerezi mu biganiro bya Doha
Mu gihe ibiganiro bigamije gushaka umuti w’amakimbirane y’ingutu mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigikomeje kubera i Doha muri Qatar, u Rwanda rwatangaje ko ruzakomeza kubikurikiranira hafi nk’indorerezi, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe. Ibi byatangajwe, ubwo Minisitiri Nduhungirehe yagezaga imbere ya Sena ibisobanuro ku masezerano mashya y’ubufatanye n’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, yashyizweho umukono i Washington, ku bufasha bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda rwari rwaratumiwe nk’indorerezi muri ibi biganiro kandi ruzakomeza kubyitabira muri ubwo buryo,…
SOMA INKURUImpinduka zitunguranye muri MTN Iwacu Muzika Festival
Amakuru aturuka mu bashinzwe gutegura ibi bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival, EAP (East African Promoters), avuga ko n’ubwo hari ubwumvikane bwa mbere n’ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwo gusana ikibuga nyuma y’igitaramo, ibintu byaje guhinduka mu isuzuma ryabaye mu cyumweru gishize. Batunguwe no gusanga ibikorwa byo gusana iki kibuga byaratangiye mbere y’igihe, bituma bahita bafata icyemezo cyo kutakihagirira igitaramo, kuko nta handi hahari hari huzuye ibisabwa ngo cyimurirwe mu karere kamwe. Mu gushaka igisubizo kirambye kandi kidatuma ibikorwa bihungabana, EAP yahisemo kwimurira igitaramo mu Karere ka Muhanga, aho kizabera kuri…
SOMA INKURUUmurinzi wa The Ben Yantare yaguye igihumure nyuma y’igitaramo
Faycal Ntawugayake, benshi bamuzi nka Fayzo cyangwa Yantare, izina rimenyerewe mu kumurikirwa na The Ben nk’umurinzi we w’ibihe byose, yahuye n’uburwayi butunguranye mu ijoro ryakurikaga igitaramo gikomeye cyabereye muri BK Arena, ku wa 2 Kanama 2025. Amakuru yizewe aturuka mu bantu ba hafi b’uyu muhanzi agaragaza ko nyuma y’igitaramo, ubwo bagiye kwiyakira nk’uko bisanzwe, Yantare yahuye n’ihungabana ry’umubiri ryatumye ananirwa kuva mu modoka. Abari kumwe na we bahise bamujyana kwa muganga aho yahise ahabwa ubufasha bw’ibanze, akomeza kwitabwaho n’inzobere mu buvuzi. Gusa ku Cyumweru tariki ya 3 Kanama 2025, uko…
SOMA INKURUAutisme: Une différence invisible, un combat quotidien
In Rwanda, as elsewhere, autism remains a largely misunderstood condition. Between silence, stigma, and a lack of specialized services, affected families often face a difficult journey. Yet, behind the numbers and diagnoses, there are lives, hopes, struggles… and voices simply asking to be heard. “I thought my child was just slow” The shock of the diagnosis Joyeuse, a mother of three living in the Gasabo district, fondly recalls the day she first heard the word autism. “My son Cedric was 3 years old. He didn’t speak, avoided eye contact, and…
SOMA INKURU