Umusore yafashwe yibye Ukarisitiya, impamvu yatangaje irasekeje

Umusore w’imyaka 19 y’amavuko witwa Enock Masala,  wo mu gace ka Ifakara- Morogoro, muri Tanzania, yafatanywe Ukarisitiya Ntagatifu, arimo ashaka kuyitahana, kuko yari yanze kuyitamira nyuma yo kuyihabwa mu gihe cyo guhazwa. Abajijwe icyatumye aza mu Kiliziya, akajya no guhazwa kandi atari umugatolika, yavuze ko atari azi imihango y’idini Gatolika, ko yagiye gufata iyo Ukarisitiya kuko yari abonye abandi bakirisitu batonze umurongo barimo bazihabwa nawe ajya kuyifata, ariko atazi uko uyihawe agomba kwitwara. Yavuze ko atari azi ko ari ikosa gutahana Ukarisitiya Ntagatifu ndetse ko atari azi ko umuntu ayibahwa…

SOMA INKURU

Glissements de terrain en Inde: au moins 36 morts, des centaines de personnes probablement ensevelies

Des glissements de terrain survenus tôt mardi matin dans l’Etat indien du Kerala (sud) ont fait au moins 36 morts, tandis que des centaines de personnes ont probablement été ensevelies, selon les autorités locales. “Trente-six décès en lien avec le glissement de terrain dans le district de Wayanad ont été confirmés”, a indiqué D.R. Meghasree, un responsable de ce district de l’Etat du Kerala, où l’effondrement d’un pont entrave les opérations de secours, ont rapporté des médias locaux. La ministre de la Santé de cet Etat, Veena George, a indiqué…

SOMA INKURU

LeBron in awe of South Sudan’s Moshions outfits at Olympics

We are close to eight months in 2024 and Rwanda’s pop culture is getting hotter than ever, with exciting performances and developments that keep entertainment industry abuzz. From Hollywood celebrity Will Ferrel’s visit to Kigali alongside Jon Turteltaub, to Moshions making it at Paris 2024, not forgetting Dr Hillary and Teacher Mpamire’s thrilling performances at Gen Z comedy show in Kigali, The New Times picks some stories that made headlines over the week. South Sudan basketball team rock Moshions outfits at Paris Olympics Moshions, a renowned Rwandan fashion house founded by Moses…

SOMA INKURU

Rwanda: Akato n’ihezwa biracyakorerwa abafite virusi itera SIDA

Urugaga Nyarwanda rw’Abafite virusi itera SIDA (RRP+), rutangaza ko kugeza ubu hakigaragara akato n’ihezwa bikorerwa abafite virusi itera SIDA, bikaba bibangamira gahunda yo gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Umwe mu banyamuryango ba RRP+, Nzamukosha ( izina twamuhaye), ni umukobwa urangije amashuri yisumbuye wavukanye virusi itera SIDA, ariko bikaba bitaramuteye gucika intege ahubwo yiha gahunda yo gufata iya mbere mu kurwanya ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA yifashishije imbuga nkoranyambanga. Atangaza ko hari akato kakigaragara ku bafite virusi itera SIDA. Mu buhamya bwe, agira ati « Njye nagize amahirwe yo…

SOMA INKURU

World Hepatitis Day: How is Rwanda tackling liver inflammation?

On Sunday, July 28, Rwanda will join the rest of the world to mark World Hepatitis Day, raising awareness about viral hepatitis, an inflammation that causes severe liver disease and cancer. There has been an increase in Hepatitis B and Hepatitis C infections and related mortalities in Rwanda. In response, the government, through the Rwanda Biomedical Centre (RBC), is actively conducting awareness campaigns to educate the public about these infections, their causes, prevention, and treatment options. There are five main strains of the hepatitis virus A, B, C, D, and…

SOMA INKURU

Ibyo ikiganiro cya Perezida Kagama na Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Starmer cyibanzeho

Ibiro by’umukuru w’igihugu “Village Urugwiro”, byatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer bahuriye i Paris mu Bufaransa, aho bagiye mu muhango wo gutangiza imikino ya Olempike, bagirana ikiganiro. Village Urugwiro yatangaje ko Perezida Kagame na Starmer bavuganje ku bijyanye n’ubucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga ibidukikije. “Uyu munsi i Paris, Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza baganiriye ku bushake buhuriweho bwo gukomeza ubufatanye butanga umusaruro, mu bucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga…

SOMA INKURU

Indwara izahaza uwo yafashe “Monkepox” yageze mu Rwanda

Byemejwe ko kugeza ubu mu Rwanda hamaze kugaragara abantu 2 bafite icyorezo cya “Monkeypox” kizwi mu kinyarwanda nk’indwara y’ubushita bw’inkende.   Iyi ndwara ije nyuma y’icyorezo cya Covid-19 yibasiye isi yose ikica abatari bacye ndetse ikanateza ibibazo by’ubukungu n’u Rwanda rudasigaye. Iby’iyi ndwara ya Monkeypox mu Rwanda bikaba byemejwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’ Ubuzima “RBC”, cyatangaje ko iyi ndwara y’ubushita bw’inkende yagaraye ku bantu bagiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “RDC” hamwe mu hibasiwe n’iyi ndwara cyane. Kuva mu mwaka wa 2022 nibwo hirya no hino ku Isi hagaragaye abantu basaga…

SOMA INKURU

Rwanda – Vue d’ensemble

Petit État d’Afrique de l’Est enclavé et densément peuplé, le Rwanda possède des terres vallonnées et fertiles et une population de plus de 13 millions d’habitants. Bordé à l’ouest par la République démocratique du Congo (RDC), voisin autrement plus vaste et riche, il est entouré par la Tanzanie à l’est, l’Ouganda au nord et le Burundi au sud. Au cours de la dernière décennie, le Rwanda est parvenu, avec l’appui de la Banque mondiale et du Fonds monétaire international (FMI), à mettre en place d’importantes réformes économiques et structurelles et…

SOMA INKURU

Uganda: Iby’imyigaragambyo bikomeje guhindura isura

Ibinyamakuru byo muri Uganda biri kwandika ku myigaragambyo iri kuhabera byatangaje ko ibyamamare byagerageje kuyitabira bari gutabwa muri yombi isaha ku yindi. Ibi bibaye mu gihe Polisi yo muri Uganda ihanganye bikomeye n’urubyiruko rwigabije imihanda mu myigaragambyo bise ‘March2Parliament’. Umwe mu batawe muri yombi hakiri kare ni umunyarwenya Obed Lubega uzwi nka Reign uyu akaba yaramamaye mu itsinda ‘Maulana&Reign’ watawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 akaba yahise ajyanwa gucumbikirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Nateete. Undi watawe muri yombi mu rubyiruko rukomeje imyigaragambyo rwamagana…

SOMA INKURU

Rayon Sports yatangaje byinshi ku cyumweru cyayigenewe

Mu kiganiro n’itangazamakuru, kuri  wa mbere tariki 22 Nyakanga 2024 ku ruganda rwa Skol mu Nzove, ubuyobozi bwa Rayon Sport bwatangaje byinshi ku bijyanye na  Rayon Sport Week. Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele wari kumwe n’Umuyobozi wa Skol IVAN Wulffaert muri iki kiganiro batangaje byinshi ku cyumweru cyagenewe Rayon Sports. Hatangajwemo ko umutoza uzatoza iyi kipe umwaka utaha w’imikino ari Robertinyo Oliveira Gonalves bakazamwerekana muri Rayon Sport Week. Rayon Sport Week iratangira kuri uyu wa kabiri 23/07/2024 kizasozwe na Rayon Sport Day taliki 03/08/2024. Muri iki cyumweru hazaba imikino…

SOMA INKURU