Amosomo k’ubwenge bw’ubukorano bushyirwa muri mudasobwa ari gutangirwa mu Rwanda

Uburyo bwo gukora porogaramu zishyirwa muri mudasobwa “Artificial Intelligence”, ku buryo igira ubushobozi bwo gutekereza no kwishakamo ibisubizo hadakenewe uruhare rwa muntu. Aya masomo yiswe “African Masters in Machine Intelligence, (AMMI)” yatangijwe mu Rwanda kuwa 15 Ukwakira 2018, ku bufatanye bwa AIMS, Google na Facebook. Abanyeshuri 35 baturutse mu bihugu 11 bize ibijyanye n’Imibare, Ubugenge n’Ikoranabuhanga ni bo batangiranye n’icyiciro cya mbere. Kizasozwa muri Kamena 2019, abanyarwanda babiri ni bo batoranyijwe mu bazigishwa aya masomo. Perezida wa AIMS akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro Next Einstein Forum, Thierry Zomahoun, mu gutangiza aya…

SOMA INKURU

Impanuka y’indege yahitanye nyiri ikipe ya Leicester City

Nk’uko byaraye byemejwe na polisi yo mu mujyi wa Leicester yatangaje ko umuherwe nyiri ikipe ya Leicester City yo mu Bwongereza, umunya Thailand Vichai Srivaddhanaprabha n’abandi bantu 5 bari kumwe bitabye Imana nyuma y’impanuka y’indege yabaye kuwa Gatandatu taliki ya 27 Ukwakira 2018 saa mbili n’igice, ubwo indege yaribatwaye yahiriye hafi y’ikibuga cya King Power iyi kipe yakiniragaho,igwa muri Parking nyuma y’aho moteri yayo yagiriye ikibazo. Ibi byabaye nyuma yo kureba umukino ikipe ye ya Leicester City yari imaze kunganyamo na Westham igitego 1kuri 1, indege ya kajugujugu y’uyu nyakwigendera…

SOMA INKURU

Arabie Saoudite yahakanye uruhare rwayo mu iyicwa rya Jamal Khashoggi

BBC yatangaje ko Arabie Saoudite yahakanye ivuga ko umuryango w’Ibwami uri ku butegetsi nta ruhare wagize mu iyicwa ry’uyu munyamakuru Jamal Khashoggi, ibwegeka ku ntasi zayo zataye umurongo. Byemezwa ko ku ikubitiro, Arabie Saoudite yahakanye yivuye inyuma ko itazi ibyabaye kuri uyu munyamakuru, ariko umushinjacyaha w’iki gihugu ubu noneho avuga ko iyicwa rye ryari ryagambiriwe. Ubwo yafataga ijambo ku wa gatandatu mu nama mu gihugu cya Bahrain, Adel al-Jubeir yashinje ibitangazamakuru by’i Burayi no muri Amerika gutwarwa n’amarangamutima mu buryo bitangaza inkuru zijyanye n’iyicwa ry’uyu munyamakuru. Ibi akaba yarabitangaje  nyuma…

SOMA INKURU

Leta ya Tanzaniya yahagurukiye Wema Sepetu

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe itumanaho, Juliana Shonza, n’inama ngenzuzi y’abakinnyi ba filime batangaje ko bagiye kwiga ku kibazo cy’uyu mukinnyi wa filime ukomeye Wema Sepetu nyuma y’amashusho yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram asomana n’umusore bivugwa ko basigaye bakundana wo mu Burundi ndetse hari n’andi yerekanye bari mu buriri, ibi akaba yarabikoze ku itariki 17 Ukwakira 2018. Mu kiganiro na EATV, Juliana Shonza yavuze ko abakora ibiteye isona nk’ibi bagiye guhatwa ibibazo n’inama ngenzuzi y’abakina filime n’iyi Minisiteri bagafatitwa ibihano birimo no kumara amezi atandatu badakora ibijyanye n’umwuga…

SOMA INKURU

Parliament to examine state of special needs schools

  Parliament intends examine the state of Special Needs Schools in the country to determine their financial and logistical challenges which have curtailed their ability to effectively train learners. “I will send a Parliamentary committee to visit the Special Needs Schools to study the area of special needs and see how we can address their challenges by including them in the budget come the next financial year,” she said. Ms Kadaga made the promise after being moved by a musical performance by deaf and mute pupils of Nakibaale Lower Primary…

SOMA INKURU

Four protectors of friendship pact were awarded.

President Kagame  made the call last night while speaking at a Unity Club Dinner in Kigali where four protectors of friendship pact (Abarinzi b’Igihango) were awarded for their outstanding acts of courage and humanity displayed during the 1994 Genocide against the Tutsi. One of the awards’ recipients at yesterday’s dinner, Catholic Bishop at Gikongoro Diocese Célestin Hakizimana, said that it’s thanks to God that he is today called a protector of friendship pact. “We have accepted the awards we got even if we don’t deserve them. Given the extent of…

SOMA INKURU

FIFA yemeje ko itaciwe intege n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi byarwanyije imishinga yayo

Mu cyumba cy’inama cya Kigali Convention Centre, hari hateraniye inama y’ubuyobozi ya FIFA aho abitabiriye basobanuriwe na Gianni Infantino uyobora FIFA, imishinga y’amarushanwa abiri mashya ashobora gutangira mu mwaka wa 2021. Hari igikombe cy’Isi gito cyajya cyitabirwa n’amakipe umunani meza kurusha andi ku Isi, kigasimbura igikombe mpuzamigabane no kwagura igikombe cy’isi cy’amakipe  kikava ku makipe umunani kikitabirwa n’amakipe 24. Hari abashyigikiye iyi mishinga ariko ibihugu byiganjemo ibyo ku mugabane w’u Burayi birayirwanya nk’uko Perezida wa FIFA Infantino yabitangarije abanyamakuru nyuma y’iyi nama. Ati “Hari bamwe batabyumva ariko ndabimenyereye. Namaze imyaka…

SOMA INKURU

Hasojwe ihuriro rya 11 rya Unity Club Intwararumuri hanashimirwa Abarinzi b’Igihango

Mu gusoza Ihuriro rya 11 rya Unity Club Intwararumuri ku mugoroba wo ku wa Gatanu, Perezida wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Bishop Rucyahana John, yasobanuye ko buri mwaka bafatanya n’uyu muryango gushimira Abarinzi b’igihango. Mu kubatoranya, yibukije ko hashingirwa ku gusuzuma imyitwarire yaranze ugirwa Umurinzi w’igihango, irimo kuba yaragize uruhare mu kurwanya amacakubiri, Jenoside n’ingengabitekerezo yayo. Kuri iyi nshuro, hatoranyijwe Umuhanzi Rugamba Cyprien; Musenyeri wa Diyozezi ya Gikongoro, Hakizimana Célestin; Mukandanga Dorothée wari umuyobozi wa “Ecole des Sciences infirmirèes de Kabgayi” mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi; n’Umuryango wa AERG. Mu…

SOMA INKURU

Rwatubyaye ukinira Rayon Sports ashobora gukomereza ruhago muri Tanzaniya

  Mu gihe habura iminsi itanu ngo isoko ryo kugura rifungurwe muri Tanzania, Yanga Africans iri ku mwanya wa kabiri muri shampiyona igeze ku munsi wa 12, iri mu biganiro na myugariro w’umunyarwanda Abdul Rwatubyaye w’imyaka 22, iyi kipe ikaba yiteguye kumutangaho ibihumbi 40 by’amadolari angina n’amafaranga asaga miliyoni 35 z’amafaranga y’u Rwanda. Uyu mukinnyi yagoye Yanga mu mikino ine amaze guhangana nayo, ibiri yahuye nayo ari muri APR FC mu mwaka wa 2015 n’ibiri yahuye nayo muri CAF Confederation Cup y’uyu mwaka ari kumwe na Rayon Sports. Ikinyamakuru ‘Mwanaspoti’…

SOMA INKURU

Miss Rwanda wa 2017 Iradukunda Elsa yagizwe uhagarariye imurikabikorwa ry’ibikorerwa mu Rwanda

  Mu muhango wabereye muri Camp Kigali ejo kuya 25 Ukwakira 2018 wo gutangiza ku mugaragaro igikorwa cyo gushyigikira no guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda “Made in Rwanda”,  wari watumiwemo abayobozi banyuranye barimo Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi Hakuziyaremye Soraya n’abandi bayobozi banyuranye. Muri uyu muhango hamuritswe bimwe mu bikorerwa mu Rwanda binyuranye birimo inkweto imyambaro n’ibindi binyuranye byeretswe abayobozi n’abandi bashyitsi bari bitabiriye uyu muhango. Muri uyu muhango ni ho Miss Iradukunda Elsa yagizwe uhagarariye imurikabikorwa ry’ibikorerwa mu Rwanda “Brand Ambassador of Made in Rwanda”. Miss Iradukunda Elsa yahawe izi nshingano…

SOMA INKURU