Perezida w’Inama y’Abakomiseri muri komisiyo y’igihugu y’Abakozi ba Leta , Habiyakare François yavuze ko komisiyo yakiriye ubujuririre ku bizamini bugera kuri 138, hasanzwemo 38 bufite ishingiro. Yashimangiye ko ubujurire bwinshi bushingiye ku kudashyirwa mu myanya kw’abatsinze ibizamini by’akazi ariko ahanini usanga burimo ababa baratsinze, bigatahurwa yenda na komisiyo ko bakoze ikizamini batujuje ibisabwa, ibi akaba yarabivuze ubwo yari imbere y’Inteko rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, atanga raporo y’ibikorwa byayo by’umwaka wa 2017/2018, tariki ya 1 Ugushyingo 2018. Habiyakare yanatangaje ko yakiriye raporo 104 z’amapiganwa, ibasha gusura inzego 26, eshanu…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Abiga amategeko bari mu marushanwa ajyanye n’amategeko y’intambara
Ejo hashize kuya 1 Ugushyingo nibwo hatangijwe amarushanwa ahuza abanyeshuri biga muri Kaminuza zitandukanye zigisha amategeko mu Rwanda, ku munsi wa mbere hakaba harabayeho kubanza kubahugura, amarushanwa nyiri zina yatangijwe uyu munsi, aya marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango wa Croix-Rouge (ICRC) ku bufatanye na kaminuza zigisha amategeko, aya marushanwa akaba yarahuje abanyeshuri biga ibijyanye n’amategeko mu kuburana ku mategeko agenga intambara. Innocent Muragijimana umunyeshuri muri Kaminuza yigenga ya Kigali “ULK” mu mwaka wa gatatu w’amategeko, yatangaje ko bareba ubwoko bw’intambara buri kuba, niba ari amakimbirane y’imbere mu gihugu cyangwa…
SOMA INKURUAbagore bakwiriye guhagurukira kurwanya ruswa kuko aribo izahaza cyane-Mme Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kurwanya ruswa muri Afurika bikwiye kuba ibya buri wese by’umwihariko abagore kuko ari bo bazahazwa cyane n’ingaruka zayo, ibi akaba yarabitangaje ejo hashije tariki 31 Ukwakira 2018, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije guhashya ruswa. Madamu Jeannette Kagame yavuze ko aho ruswa yageze nta mushoramari uhifuza kuko nta nyungu n’umutekano w’amafaranga ye aba ahabona. Yagaragaje kandi ko imunga imitangire ya serivisi nziza, ibikorwa remezo ntibikorwe cyangwa bigakorwa nabi ku buryo ingaruka zigaragara ku bagore n’abana. Yanavuze ko…
SOMA INKURUDore ikipe y’akadatana yagakwiye kuba hafi umuhanzi wabigize umwuga
Kimwe mu bituma abahanzi ba hano mu Rwanda usanga bamaze igihe bakora muzika ariko hari urwego batarenga, ni ukuba hari aho imbaraga zabo bonyine zitarenga. Aha rero niho haba hakenewe ikipe y’abantu babifitiye ubushobozi bafasha umuhanzi umunsi ku wundi mu buzima bwe bwa muzika, cyane ko aba yarahisemo gukora umuziki nk’umwuga. Kenshi mu Rwanda usanga umuhanzi akora muzika kuva atangiye akarinda ashyira akadomo ku rugendo rwe rwa muzika hari ibyo yumva atarageraho kandi yifuzaga kugeraho. Mu Rwanda kandi usanga abahanzi bakunze kurangwa n’amakosa ya hato na hato ku buryo nabo…
SOMA INKURUReal Madrid sack head coach Julen Lopetegui after Barcelona thrashing
Real Madrid have sacked head coach Julen Lopetegui after just 14 matches in charge, following a 5-1 defeat against Barcelona on Sunday. Santiago solari will step up from Real Madrid’s B-team “castilla” to replace lopetegui Real have failed to win in the league since beating Espanyol on September 22, losing to Sevilla, Alaves, Levante and drawing with Atletico Madrid, before Sunday’s 5-1 thrashing by Barcelona at the Nou Camp. Lopetegui, 52, has now lost two jobs in the space of less than five months. He was fired by the Spanish…
SOMA INKURUMbonigaba Ismael was sentenced to 32 months imprisonment
Ismael Mbonigaba, a Rwandan resident of Saint-Anselme, Quebec in Canada was on Friday sentenced to 32 months imprisonment after being found guilty of sexual assault on minors. His case was tried by Saint Joseph Court in Canada as reported by a Canadian newspaper “La Voix du Sud”. The charges were related to touching and sexual assault on three teenage girls between September 2012 and June 2014, as well as computer lures. Judge Jean-Paul Aubin also ruled that he provides a DNA sample, a 10 years weapons prohibition, and upon release,…
SOMA INKURURBC encourage children to develop the culture of taking care of their teeth
Rwanda Biomedical Centre (RBC) has called on parents and schools to encourage children to develop the culture of taking care of their teeth at an early age in a bid to contain rising cases of tooth and gum diseases. RBC cited the sensitisation as critical in addressing school absenteeism among children as well as containing cases adulthood teeth losses. Dr Gilles Ndayisaba, the head of Non Communicable Diseases (NCDs) at RBC, said that the understanding and practice of teeth hygiene is still critically low. Official data from RBC shows that…
SOMA INKURUBamporiki yiseguye ku kuba yarafatiye Oda Paccy igihano atarebye impande zombi
Ejo hashize Ku cyumweru tariki ya 28 Ukwakira, mu kiganiro ‘The Dilema of the policing morality’ cyaciye kuri Televiziyo y’igihugu, Edouard Bamporiki bigoranye yasabye imbabazi avuga ko yaguye mu makosa. Mu gusaba imbabazi, Edouard Bamporiki yatangiye avuga ko Paccy ari we ugomba gufata iya mbere agasaba imbabazi bakamubabarira niba ashaka gukomeza kuba intore kuko atari ubwa mbere, yanaganirijwe ubwo yambaraga ubusa agakinga ikoma ku myamya y’ibanga gusa. Edouard Bamporiki yagize ati “Ntabwo njye nasaba imbabazi kuko ibyo nakoze byari bikwiye, wenda uburyo byakozwe ni cyo kibazo, twigira mu makosa, ubutaha…
SOMA INKURUAbahoze ari abayobozi ba ADEPR bitabye urukiko biregura ku birego bashinjwa
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 nibwo abahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 barimo Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano. Mbere y’uko iburanisha ritangira, umucamanza yatanze ijambo ku mpande zombi, aho Ubushinjacyaha bwavuze ko abandi bantu 32 baregwa muri iyi dosiye nabo bazanwa mu Rukiko, muri abo bose harezwe 20 ariko abakurikiranwe ni 12, ari nabo bari mu cyumba cy’iburanisha. Abunganira abaregwa bo bavuze ko urubanza rwatangira abahari bakaburanishwa. Me Bizumuremyi Felix yagize…
SOMA INKURUUmutoza wa PSG yaraye yirengagije ubuhangage bwa Mbappe na Rabiot abaha ibihano
Tuchel Thomas Umutoza wa PSG uzwiho kutihanganira imyitwarire mibi,yakuye ku rutonde rw’abakinnyi bagombaga kubanza ku mukino baraye batsinze Marseille ibitego 2 kuri 0, yicaza ku ntebe y’abasimbura abakinnyi be babiri bakomeye Kylian Mbappe na Adrien Rabiot nyuma yo kwitwara nabi kuri Hoteli. Biravugwa ko aba basore bombi batinze kwitabira inama y’ikipe yo gutegura uyu mukino wa Marseille warangiye PSG iyitsinze ibitego 2-0, byatsinzwe na Mbappe na Draxler. Nyuma y’uyu mukino Tuchel yabwiye abanyamakuru ko nawe akunda imikinire y’aba basore bombi ariko ibyo bakoreye mu mujyi wa Marseille byamubabaje bigatuma abakura…
SOMA INKURU