Malariya ni indwara ikomeye cyane mu bihugu bya Afurika n’u Rwanda rudasigaye, aho ikomeje kuba ikibazo gikomeye mu buzima by’umwihariko ababyeyi batwite n’ubuzima bw’uwo atwite kuko ishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bwabo. Ingaruka zinyuranye za malariya mu gihe yibasiye umugore utwite Malariya ku mugore utwite ishobora kumutera ibibazo bikomeye, birimo kubura amaraso kuko iyi ndwara itera gusenyuka k’uturemangingo tw’amaraso bigatuma umugore abura amaraso bikaba byateza umunaniro ukabije, gucika integer ndetse n’ikibazo cyo kubura umwuka. Malariya yibasira ubwonko nayo ni ubwoko bukomeye bwa malariya bushobora gutera ibibazo by’ubwonko, harimo no…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
The effects of having a child at an older age on child development
In recent years, delayed parenthood has become more common, with many individuals choosing to have children later in life. While this trend offers certain advantages, such as financial stability and emotional maturity, it also raises concerns about potential impacts on the health and development of offspring. Developmental outcomes Maternal age effects: Positive Associations: Some studies suggest that children born to older mothers may experience advantages, including better cognitive performance and a decreased risk of certain psychiatric disorders. These benefits are often linked to the higher socioeconomic status and emotional maturity…
SOMA INKURUSommet sur les oceans: Le Groenland ou l’Antarctique “ne sont pas à vendre”, lance Macron
Le sommet de l’ONU sur les océans a débuté, lundi, à Nice, en France, avec un discours d’Emmanuel Macron. “Les abysses ne sont pas à vendre, et pas plus que le Groenld”, a lancé le président français en ouverture de cette conférence à laquelle doivent participer une soixantaine de chefs d’État et de gouvernement. Début du sommet mondial sur les océans. Emmanuel Macron réunit à Nice, lundi 9 juin, quelque 63 chefs d’État et de gouvernement pour un sommet de “mobilisation” avec notamment des appels à interdire le chalutage de…
SOMA INKURUTrump’s new travel ban comes into effect, citizens of 12 countries barred from US
US President Donald Trump’s sweeping new travel ban barring nationals from 12 countries came into effect Monday after midnight amid mounting public anger over the administration’s crackdown on immigrants. Citizens of Afghanistan, Myanmar, Chad, the Republic of Congo, Equatorial Guinea, Eritrea, Haiti, Iran, Libya, Somalia, Sudan and Yemen are now barred from the US. President Donald Trump’s new ban on travel to the US by citizens from 12 mainly African and Middle Eastern countries took effect Monday amid rising tension over the president’s escalating campaign of immigration enforcement. The new…
SOMA INKURUBuilding Rwanda’s future: Strengthening early childhood development services for every child
In Rwanda, the foundations of a prosperous and inclusive society are being laid in the first years of a child’s life. As the country accelerates toward Vision 2050, early childhood development (ECD) has emerged as a national priority not just for child welfare, but for long-term human capital development. Thanks to a growing commitment from government, civil society, and international partners, Rwanda is making strides in ensuring that every child regardless of where they are born receives the care, nutrition, protection, and stimulation they need to thrive. A holistic approach…
SOMA INKURU“Dukwiriye kubaha abacu tubashyingura mu cyubahiro” – Dr. Bizimana
Mu muhango wo gushyingura mu cyubahiro imibiri 260 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwibutso rwa Rusiga, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana, yongeye gusaba abatuye akarere ka Rulindo n’abanyarwanda muri rusange kugira uruhare mu gutanga amakuru y’ahakiri imibiri itaraboneka, kugira ngo abishwe bashyingurwe mu cyubahiro. Ni umuhango waranzwe no kwibuka no guha agaciro abazize Jenoside yakorewe abatutsi batarabona aho baruhukira mu mahoro. Muri uru rwibutso hashyinguye imibiri ibihumbi 6,437, rukaba ruherereye mu murenge wa Rusiga, hakaba hari gukorwa gahunda n’imyiteguro izatuma ruba urwibutso rw’akarere ka…
SOMA INKURUDenzel Washington yabaye intandaro y’amafoto yavugishije benshi i Cannes
Mu birori bikomeye bya Festival de Cannes ku nshuro ya 78, byatangiye ku wa 13 Gicurasi 2025 mu Bufaransa, umukinnyi w’icyamamare muri sinema Denzel Washington yagaragaye mu gikorwa cyatumye afatwa amafoto menshi yavugishije itangazamakuru n’abari aho. Intonganya yagiranye n’umwe mu bafotozi zatangaje benshi. Uyu mukinnyi w’imyaka 70 yagaragaye ku itapi itukura ku wa Mbere, tariki ya 19 Gicurasi, mu rwego rwo kwamamaza filime nshya yise “Highest 2 Lowest”, yiganjemo ibyamamare nka A$AP Rocky. Nyuma yo kwiyereka imbere y’itangazamakuru, ibintu byatangiye guhindura isura ubwo Denzel yatakarizaga icyizere umwe mu bafotozi wagize…
SOMA INKURURayon Sports yahanwe: Izakina imikino isoza shampiyona nta bafana
Nyuma y’imvururu zavutse mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona hagati ya Bugesera FC na Rayon Sports, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye Rayon Sports igihano gikomeye: kutongera gukinira imbere y’abafana bayo mu mikino ibiri ya nyuma y’uyu mwaka w’imikino. Ibi byemezo byafashwe ku wa Mbere, tariki 19 Gicurasi 2025, mu nama idasanzwe yateranye kuri FERWAFA binyuze muri Komisiyo ishinzwe amarushanwa. Hakoreshejwe ingingo ya 21 y’amategeko agenga shampiyona, yasuzumye imyitwarire y’abafana ba Rayon Sports yagaragaye nk’itemewe, maze hafatwa icyemezo ko iyi kipe izakina nta bafana mu mikino ibiri isigaye.…
SOMA INKURUUbudahangarwa bwa Joseph Kabila mu maboko ya Sena!
Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya RDC bwasabye Sena gukuriraho ubudahangarwa nka Senateri uwahoze ari perezida w’iki gihugu Joseph Kabila kugira ngo bumukurikiraneho icyaha cyo kugambanira igihugu, kuba mu mutwe w’ingabo utemewe, ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Ubushinjacyaha buhuza ibi byaha n’uruzinduko Kabila yagiriye mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23 muri Mata 2025. Bwagaragaje ko ari kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko ari mu buyobozi bw’iri huriro. Abasenateri 40 ni bo bagize Komisiyo yihariye ya Sena ishinzwe gusuzuma niba senateri Kabila Joseph wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza…
SOMA INKURUKigali yifuza kuba igicumbi gishya cya Loni mu rwego rw’amavugurura y’ubukungu
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu cyerekezo cyo kuvugurura imikorere no kwimurira zimwe mu nzego zawo mu bihugu bidahenze, u Rwanda rwafashe iya mbere mu kugaragaza ubushake bwo kwakira izo mpinduka. Mu ibaruwa yandikiwe umunyamabanga mukuru wa Loni ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yemeje ko u Rwanda rwiteguye kuba urugo rushya rw’amashami, ibikorwa, n’inzego za Loni, by’umwihariko mu gihe hagamijwe gukemura ibibazo by’ubukungu byugarije umuryango. Kuki u Rwanda? Ibisobanuro bya Kigali ku bushake bwarwo Muri iyo baruwa, u Rwanda rushimangira ko rwifitemo…
SOMA INKURU