Nyumay’uko mu karere ka Ruhango gaherereye mu Ntara y’Amajyepfo, hagaragaye ikibazo cy’uko abaturage baho bagikoresha cyane ibicanwa byiganjemo ibikomoka ku biti ari nabyo bifite uruhare rukomeye mu iyangirika ry’ibidukikije, umuyobozi wungiririje w’aka karere yahishuye ko umuco ari wo zingiro ry’iki kibazo. Umuyobozi w’ akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Rusiribana Jean Marie Vianey yatangaje ko aka karere kari mu dutuwe cyane aho kuri kirometero kare hatuye abaturage barenga 538, yemeza ko ubu bucucike iyo buhuye n’ umuco ndetse n’imyumvire bituma abantu bangiza ibidukikije bitwaje gushaka ibicanwa bikomoka ku biti…
SOMA INKURUCategory: Ibidukikije
Bishimira inyungu bakesha kubungabunga Parike y’Ibirunga
U Rwanda rwashyizeho politiki n’ingamba zigamije kubungabunga no kurwanya igabanuka ry’urusobe rw’ibinyabuzima aho mu ntego z’icyerekezo 2050, biteganyijwe ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bifite iterambere ritabangamiye ibidukikije kandi ryihanganira imihindagurikire y’ibihe. Ni muri urwo rwego abatuye mu mirenge ya Nyange na Kinigi, mu karere ka Musanze bibumbiye mu mashyirahamwe anyuranye, muri bo harimo n’abahoze ari ba rushimusi, kuri ubu bakaba barata inyungu zo gusigasira ibigize Parike y’Ibirunga. Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bavuga ko kuva aho barekeye kwangiza ibiyigize, bakamenya ibyiza byo kuyibungabunga, kuri ubu bahurijwe hamwe mu mashyirahamwe akora…
SOMA INKURUReintroduction effort brought lions back to Akagera Park
By Diane NIKUZE NKUSI Historical records reveal that the lion population in Rwanda’s Akagera National Park, once numbering 300 individuals, faced extinction by 2001 due to rampant poaching and conflicts between humans and wildlife. However, in 2015, a reintroduction effort brought back seven lions to the park, followed by the addition of two males in 2017 to enhance the genetic diversity within the population. Speaking to the umuringanews, Ladislas Ndahiriwe, the Park Manager, said that the lion population has not only rebounded but flourished, currently numbering 59 individuals. He attributes…
SOMA INKURURwanda: Inyamaswa zishobora kuzaba amateka nizititabwaho kurushaho
U Rwanda ni kimwe mu bihugu byinjiriza akayabo mu rwego rw’ubukerarugendo bushingiye ku byiza nyaburanga byarwo birimo n’inyamaswa; gusa zimwe muri zo ziragenda zikendera uko bwije n’uko bukeye ku mpamvu zirimo ubuhigi n’ubushimusi, mu gihe hari n’izamaze gushiraho. Abashakashatsi ku binyabuzima n’abarebera hafi iby’inyamaswa zo mu gasozi, bavuga ko kuba zimwe zarashizeho n’izindi zikaba ziri mu marembera bigirwamo uruhare n’ubuhigi bunyuranyije n’amategeko bukomeje kwiyongera, ba rushimusi, ndetse no kuziroga. Zimwe zigenda zigabanyuka mu mibare n’aho zagaragaraga, naho izindi hashize imyaka myinshi zitakiboneka ahantu na hamwe mu Rwanda ku buryo bitekerezwa…
SOMA INKURUIbiza bimaze gutwara ubuzima bw’abatari bake mu kwezi kumwe
Kuva tariki 1 kugeza kuri 28 Nzeli 2023 imvura y’umuhindo yateje ibiza bimaze kwica abantu 20, abagera kuri 58 barakomeretse. Ibi bikaba byatangajwe na Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi. Abishwe n’ibiza muri uku kwezi 1/2 cyabo bishwe n’inkuba zinakomeretsa abandi 43. Imibare inagaragaza ko ibi biza byangije ibyumba by’amashuri 37 binasenye inzu 499 binangiza hegitari 58 z’imyaka ndetse byica inka ebyiri n’andi matungo 123. Umunyamabanga uhoraho muri iyi Minisiteri, Habinshuti Philippe, yasabye Abanyarwanda gukomeza kwitwararika, bakubahiriza inama bagirwa n’inzego z’ubuyobozi, bakirinda inkuba kandi bakava ahashyira ubuzima bwabo mu kaga. Yanasabye abaturage kurwanya…
SOMA INKURUGMO: One of the pillars of food security
BY NIKUZE NKUSI Diane Many of us have heard the term “GMOs,” but how many of us know what they are as well as their benefits to the food supply and the environment? GMO (genetically modified organism) technology uses specific scientific innovation to genetically alter plants and promote desired characteristics. For example, these characteristics can help fruits and vegetables grow better under environmental stresses like drought, ward off crop diseases and pests and even forgo browning in fruits once they are sliced. This technology also decreases food waste, gives…
SOMA INKURUMaroc: Baracyashakisha abaheze munsi y’ibyasenyutse kubera umutingito
Maroc irimo gusiganwa n’igihe ngo irokore abaheze munsi y’ibisigazwa by’ibyabasenyukiyeho kubera umutingito w’isi wo ku wa gatanu, mu gihe abashinzwe ubutabazi bwihuse barimo kugorwa no kugeza ubutabazi mu duce twa kure. Mu byaro bakomeje gucukura bakoresheje amaboko hamwe n’ibitiyo mu gushakisha abarokotse, mu gihe amatsinda y’ubutabazi arimo kugorwa no kuhageza imashini zabugenewe. Ibyo bikoresho ubu bishobora kuba byanacyenerwa mu gutegura imva za bamwe mu babarirwa mu bihumbi bishwe n’uwo mutingito. Umwe mu batuye mu cyaro yabwiye BBC ko abantu “nta kintu na kimwe basigaranye”. Ati: “Abantu barashonje. Abana barashaka amazi.…
SOMA INKURUIbikorwa bya muntu biri ku mwanya wa kabiri mu kwangiza ibidukikije
Imyaka 1800 irashize abantu batangiye kwambara, mu ntangiriro imyambaro yakoreshwaga intoki gusa uko Isi yagiye itera imbere n’uruganda rw’imideli rwarazamutse imyenda itangira gukorerwa mu nganda. Ni muri urwo rwego uruganda rw’imideli ruri ku mwanya wa kabiri mu bikorwa bya muntu bihumanya ikirere, ari nayo mpamvu agashami ka Loni gashinzwe kurengera ibidukikije gasaba abari muri uru ruganda gukora iyo bwabaga bagashyiraho ingamba zihamye. Izi nganda ni zo zazamuye kwangiza ibidukikije bitewe n’imyuka ivamo ndetse n’ibitambaro bakoresha bitabora. Kimwe mu bintu bikomeje kwangiza ibidukikije mu mideli ni ubucuruzi bukorwa n’inganda aho zirindira…
SOMA INKURUAmarangamutima ya Ineza Elvine umwana wa mbere witabiriye umuhango wo kwita izina
Elvine Ineza ni umwana w’umukobwa w’imyaka 12 uvuka mu karere ka Musanze, wiga muri Regina Pacis, ishuri rya Kiliziya Gatolika riherereye mu mujyi wa Musanze, akaba ariwe mwana wa mbere witabiriye umuhango wo kwita izina kuva watangira mu mwaka wa 2005. Nyuma yo kwita izina umwana w’ingagi rya “Nibagwire”, yavuze ko yahisemo iryo zina mu rwego rwo kwifuriza umuryango “Aguka” uwo mwana w’ingagi avukamo, kwaguka no kugwira. Mu kiganiro yagiranye na Kigali Today nyuma yo kwita izina, yavuze ko yishimiye bikomeye uwo muhango kuko wamuhuje na Madamu Jeannette Kagame, yahoraga…
SOMA INKURUMeteo Rwanda names districts at risk of heavy rains
Meteo Rwanda, the national meteorological agency, has identified areas in the country that are expected to face heavy rainfall between September and December. The agency’s announcement came during the National Climate Outlook Forum held on Thursday, August 24. According to the forecast, several districts, including Nyamagabe, Nyaruguru (western parts near Nyungwe National Park), Rusizi, Nyamasheke, and parts of southern Karongi, are expected to experience significant rainfall ranging between 700 and 800 millimeters during this period. The projected rainfall is significantly higher than the traditional average, with the maximum recorded in…
SOMA INKURU