Kuri iki Cyumweru, tariki ya 10 Ukuboza 2023, muri BK Arena, Minisiteri ya Siporo, Ambasade y’u Busuwisi mu Rwanda ndetse na UN Women & Gender Monitoring office yahaye ibihembo abagore n’abakobwa 13 bitwaye neza mu mikino itandukanye mu Rwanda bashimiwe uruhare bagira mu gutuma uburinganire n’ubwuzuzanye bugerwaho muri siporo y’u Rwanda. Muri uyu muhango wanitabiriwe n’urubyiruko rwo mu bigo by’amashuri yisumbuye mu Rwanda ndetse na bamwe mu bagize amashyirahamwe y’imikino itandukanye mu Rwanda, abayobozi b’ibigo ndetse n’amashyirahamwe ya siporo bashyikirijwe igitabo gikubiyemo ibyo gukurikiza igihe hashyirwa mu bikorwa uburinganire, cyiswe…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Umuhanzi Bryan Adams yatangaje aho ubucuti bwe n’igikomangoma Diana bwavuye
Umuhanzi Bryan Adams ku nshuro ya mbere yavuze uburyo ubucuti bwe n’igikomangoma Diana bwavuye ku ndirimbo yanditse ku rushako rubi rwa Diana. Uyu muhanzi yibutse ko Diana yamubwiye ko “yasekejwe cyane” n’uburyo muri iyi ndirimbo aririmba ko yumvise “ataye ubwenge” ku munsi Diana arongorwa n’igikomangoma Charles. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Sunday Times, uyu muhanzi wo muri Canada uzwi mu ndirimbo nka “Please forgive me” avuga ko Diana yamutumiye ngo basangire icyayi kugira ngo yumve iyo ndirimbo nanone. Adams yahagaritse iyo ndirimbo ubwo Diana yapfaga mu 1997 “mu cyubahiro cye”, nk’uko abivuga.…
SOMA INKURUIbimenyetso bitanu byakuburira ko wanduye virusi itera SIDA
Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kukwereka ko ushobora kuba wamaze kwandura virusi itera SIDA, nyuma y’uko waba wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye cyangwa habayeho ibyago byo guhura n’izindi nzira zishobora gutuma habaho kwandura virusi itera SIDA. Ubushakashatsi bwatangarijwe ku rubuga rwa Health.com, bwatangaje ko nibura ukwezi kumwe cyangwa abiri virusi itera SIDA iri mu mubiri w’umuntu, 40% kugeza kuri 90% bashobora kugira ibimenyetso binyuranye. Ariko bunashimangira ko hari abashobora kwandura virusi itera SIDA bakamara igihe kinini umubiri wabo nta kimenyetso na kimwe ugaragaza. Hari abashobora kumara nibura imyaka icumi nta…
SOMA INKURUIgitaramo cya Kendrick Lamar cyavugishije benshi
Kendrick Lamar umuhanzi w’umunyamerika w’icyamamare mu njyana ya rap yakoze ‘performance’ yo ku rwego rwo hejuru mu gitaramo cya muzika muri BK Arena i Kigali aho yataramiye ibihumbi by’urubyiruko rwitabiriye mu gihe kigera hafi ku isaha imwe n’igice. Uretse urubyiruko rwinshi rwitabiriye iki gitaramo na Perezida Paul Kagame n’umugore we nabo ntibacikanywe. Abandi bahanzi nka Bruce Melodie na Ariel Wayz bo mu Rwanda, na Zuchu wo muri Tanzania nabo bashimishije abitabiriye iki gitaramo cyo gitangiza iserukiramuco ryiswe #MoveAfrica ryateguwe na Global Citizen ku bufatanye n’Ikigo PGLang cyashinzwe n’umuraperi Kendrick Lamar…
SOMA INKURUAmasezerano n’u Rwanda acyemura impungenge zo mu mategeko – Cleverly
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza James Cleverly avuga ko amasezerano mashya n’u Rwanda acyemura impungenge z’Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza, mu kwezi gushize rwanzuye ko iyi gahunda ya leta inyuranyije n’amategeko. Urukiko rwavuze ko iyo gahunda, izatuma abimukira boherezwa mu Rwanda, ishobora kubamo ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu. James Cleverly yashimangiye ko u Rwanda “rwiyemeje mu buryo bugaragara kandi bwumvikana neza kubungabunga umutekano w’abantu baza hano [mu Rwanda]”. Iki gikorwa kiri muri gahunda ya leta yo guca intege abimukira ntibambuke umuhora wa Channel mu mato matoya. Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yavuze ko “guhagarika…
SOMA INKURUHealth ministry urged to clarify difference between advertisement and information
There are unclear elements within the Ministry of Health’s guidelines against advertisement of medicine and medical services and, therefore, there is a need to differentiate between informative content and advertising, a top media official has said. As per the 2019 ministerial guidelines, advertisement of medicines and medical services through various means including the media, street loudspeakers, social media, and so on is prohibited. In an interview with The New Times, Emmanuel Mugisha, the Executive Secretary of Rwanda Media Commission (RMC), acknowledged that it is unethical to advertise medicines and medical services…
SOMA INKURULa température monte à la COP28 et dans le monde
L’année 2023 sera bien la “plus chaude” de l’histoire et la température monte mercredi chez les négociateurs à la COP28 pour tenter de terminer la première semaine avec des progrès sur la question toujours plus disputée des énergies fossiles. A Dubaï, une nouvelle version du texte en discussion en vue d’un futur accord, théoriquement d’ici le 12 décembre, est attendue “probablement” mercredi dans la journée, selon un observateur. Mais rien n’est jamais certain à la COP, ni sur la forme, ni sur le fond. La situation est “très dynamique”, résumait…
SOMA INKURUEn Iran, le viol utilisé pour réduire au silence les prisonniers après la mort de Mahsa Amini
Dans un rapport publié mercredi, Amnesty international recense une quarantaine de cas de viols et de violences sexuelles documentés sur des détenus iraniens arrêtés lors du soulèvement “Femme, vie, liberté” ayant suivi la mort de Mahsa Amini en 2022. “Mes amies et moi avions retiré nos voiles en public et nous chantions. Je n’aurais jamais pensé que les forces de sécurité nous arrêteraient pour cela”, raconte Maryam, une manifestante iranienne dont Amnesty international a recueilli le témoignage depuis l’Iran. La jeune femme affirme avoir été jetée dans une camionnette par les Gardiens…
SOMA INKURUIbiza byatwaye ubuzima bw’abarenga 40
Imvura y’umurindi yaguye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize yibasiye Umujyi wa Katesh uherereye mu birimotero 300 uvuye mu murwa mukuru Dodoma. Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangaje ko abantu 47 bapfuye, abandi barakomereka bitewe n’inkangu zakomotse ku mvura nyinshi mu Majyaruguru y’iki gihugu. Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan uri i Dubai mu nama Mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire y’ibihe, COP28 yatangaje ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo ndetse avuga ko yohereje abayobozi mu bikorwa by’ubutabazi. Imvura nyinshi muri iki gice cya Afurika y’Iburasirazuba ije ikurikira ibihe by’amapfa amaze igihe kirekire. Iyi mvura…
SOMA INKURUM23 yasohoye itangazo rikakaye
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye tariki ya 3 Ukuboza 2023 yagize ati “Nyuma y’uko ingabo za EACRF zitangiye kuva muri RDC, M23 izisubiza kandi igume mu duce twose yari yarashyikirije ingabo za EACRF mu gihe cy’ibiganiro by’amahoro, hagamijwe imibereho myiza y’abaturage b’abasivili.” Itangazo ryasohowe na EACRF rigaragaza ko muri Kivu y’Amajyaruguru nta mutekano uhari bitewe n’intambara yongeye kubura kuva mu Ukwakira 2023, bigatuma benshi bava mu byabo. Kanyuka yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta, FARDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo na FDLR igizwe n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda,…
SOMA INKURU