Malaria remains one of the most pressing public health challenges in Rwanda. Despite significant progress in reducing the burden of the disease over the years, malaria continues to affect thousands of Rwandans annually, especially in rural areas. Experts, health workers, and affected individuals are actively working towards the goal of malaria elimination, but there are still obstacles to overcome. Rwanda’s Commitment to Malaria Control Over the past decade, Rwanda has made remarkable strides in combating malaria through comprehensive control strategies. These efforts include the distribution of insecticide-treated bed nets, indoor…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Hasohotse raporo igaragaza igurishwa ry’abimukira
Raporo yakozwe n’abashakashatsi batandukanye yagaragaje ko Tunisia yirukanye abimukira, ikabagurisha kuri Libiya. Nk’uko byasobanuriwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi ku nshuro ya mbere tariki 29 Mutarama 2025, ibikubiye muri iyo raporo ngo bikaba bishimangira ikibazo ibyo bihugu byombi bifite. Muri ibyo bibazo hakubiyemo ibijyanye no guhungabanya uburenganzira bw’abimukira, cyane cyane abaturuka muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara. Iyo raporo yakozwe n’itsinda ry’abashakashatsi, yashyizwe no ku rubuga rwa X, yanditse mu rurimi rw’Icyongereza, abo bashakashatsi bakaba barashyigikiwe n’Abadepite benshi bo muri Nteko Ishinga Amategeko yo mu Burayi, aho bemeza ko…
SOMA INKURUIndwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…
SOMA INKURUThe Alarming Rise of Cervical Cancer in Rwanda: Causes, Impact and Prevention Measures
In recent years, Rwanda has witnessed a troubling increase in cervical cancer cases, a condition that has become one of the leading causes of cancer related deaths among women. Despite advancements in healthcare, the rising number of cases has sparked concern across the country, urging authorities, healthcare professionals and the public to take urgent action. This article delves into the causes behind the increase in cervical cancer in Rwanda, explores its impact on women and their families, and discusses what can be done to prevent the disease. Through personal testimonies,…
SOMA INKURUClimate Change and Albinism: The Struggles of People with Albinism in Rwanda
As the climate continues to change, populations living with albinism in Rwanda disproportionately feel its effects. Albinism is a genetic condition that results in the absence of melanin in the skin, hair, and eyes, making individuals with albinism extremely sensitive to the harmful effects of the sun. As a result, they face an increased risk of skin cancer, which has become one of the most serious health concerns for them. In Rwanda, the negative effects of climate change, with rising temperatures and intense sun exposure making their lives even harder,…
SOMA INKURUClimate Change and Malnutrition: A Growing Crisis for Stunted Growth in Rwanda
Rwanda, known as the “Land of a Thousand Hills,” is facing an alarming crisis as climate change intensifies its impact on agriculture, food security, and ultimately, the growth and development of children. Stunting, a condition where children fail to grow to their full potential due to malnutrition, has long been a challenge in the country. However, with changing weather patterns, the crisis is escalating, affecting the future of a generation. The effects of climate change on agriculture have led to reduced crop yields, erratic rainfall, and food shortages directly contributing…
SOMA INKURUThe struggle for education among Afghan women and girls in a time of crisis
In the heart of Kabul, beneath the oppressive weight of Taliban rule, lies an unseen battle one that plays out in quiet classrooms, hidden study sessions, and in the whispered defiance of young girls and women who refuse to give up their right to an education. This is a fight not just for knowledge, but also for survival, dignity, and the future of an entire generation. The Promise Broken In August 2021, the Taliban returned to power, swiftly dismantling years of progress for women and girls in Afghanistan. One of…
SOMA INKURUUko raporo y’umuryango w’abibumbye ku ntambara iri kubera mu burasirazuba bwa Congo yakiriwe
Raporo y’impuguke z’umuryango w’abibumbye yasohotse tariki ya 27 Ukuboza 2024, igaragaza ko amakuru ayikubiyemo yabonetse binyuze mu bufatanye n’ingabo za MONUSCO, FARDC n’ahandi mu bayobozi bakuru muri Guverinoma ya Congo. MONUSCO isanzwe ifite ubutumwa bwo kurinda abasivili mu Burasirazuba bwa RDC yageze aho yifatanya na Leta y’iki gihugu, iha intwaro n’ibindi bikoresho FARDC n’imitwe bafatanya kurwana irimo FDLR yasize ikoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, Wazalendo, abacancuro, ingabo z’u Burundi, iza SAMIRDC n’indi mitwe. Ubufatanye bw’impande zombi butuma amakuru impuguke za Loni zavanye muri MONUSCO atakwizerwa kubera uruhare uyu mutwe…
SOMA INKURUUmubano w’u Rwanda na Ethiopia ukomeje gushinga imizi
Nyuma y’amasezerano anyuranye hagati y’u Rwanda na Ethiopia, kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa Leta ya Oromia yo muri Ethiopia, Shimelis Abdisa n’itsinda bari kumwe, baganira ku mubano w’impande zombi. U Rwanda na Ethiopia bisanzwe bifitanye amasezerano y’ubufatanye, mu nzego zirimo ibya politiki n’ubujyanama, ubucuruzi, siporo, kugabanya ibiza no kubicunga, hamwe n’ubufatanye mu ishoramari. U Rwanda na Ethiopia bifitanye amasezerano kandi y’ubufatanye kuri serivisi z’ingendo zo mu kirere, zikorwa na RwandAir na Ethiopian Airlines, kugira ngo zisangire ikirere nta mbogamizi. Amasezerano…
SOMA INKURUAmagaju FC yakoze mu ijisho APR FC
Mu mukino watangiye uryoheye ijisho mu gihe cya mbere, aho ku ruhande rw’Amagaju FC Useni Kiza Seraphin yagerageje gushimisha abari muri Stade, ku ruhande rwa APR FC Dauda Yussif Seif nawe ari nako ashimisha abafana, ariko byarangiye ku nshuro Amagaju akoze mu ijisho abafana ba APR FC. Ibi bikaba byabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, aho ikipe y’Amagaju FC yatsindiye APR FC kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye 1-0, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona, akora amateka wo kuyitsinda bwa mbere. Umunya-Ghana Dauda Yussif ku munota wa 32,…
SOMA INKURU