Umukecuru, Ku wa Gatandatu ushize tariki 4 Gashyantare nibwo umukecuru w’imyaka 82 wo muri New York mu mujyi wa Long Island byatangajwe ko yapfuye ndetse hatangira imihango yo kwitegura kumushyingura, ariko yasanzwe ari muzima nyuma y’amasaha atatu abaganga bemeje ko yapfuye. Nyuma y’amasaha atatu abaganga bongeye kumupima, basanga agihumeka nk’uko Polisi yabitangaje. CNN yatangaje ko uwo mukecuru yahise asubizwa kwa muganga kugira ngo yitabweho. Hahise hatangizwa iperereza kugira ngo hamenyekane uko byagenze ngo hatangazwe ko umukecuru yapfuye kandi akiri muzima. Ubushinjacyaha bwa New York bwatangaje ko iperereza rigamije guhoza amarira…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Abasirikare 7 bakatiwe urwo gupfa
Kuri uyu wa gatandatu tariki 11 Gashyantare 2023, Urukiko rwa gisirikare rwa Goma rwateraniye i Sake muri teritwari ya Masisi muri 25km iburengerazuba bwa Goma, nyuma y’ibyabaye kuwa kane muri iyo centre, rukatira abasirikare barindwi b’ingabo za DR Congo urwo gupfa rubahamije ibyaha birimo ubugwari’ no guca igikuba muri rubanda. Umwe mu banyamakuru bitabiriye iri buranisha yabwiye BBC ko aba basirikare, bari bafite abunganizi, bahamijwe ibyaha by’“ubugwari, guca igikuba, gukomeretsa no gutagaguza amasasu”. Umushinjacyaha wa gisirikare yumvikana arega aba basirikare “guta urugamba” “n’ubugwari imbere y’umwanzi” (inyeshyamba za M23), “bakagenda barasa…
SOMA INKURUIgisiririkare cya Congo na M23 bakomeje kwitana ba mwana
Imirwano y’urutavanaho imaze ibyumweru bibiri muri teritwari ya Masisi hafi ya centre ya Sake n’inkengero zayo, yatumye abantu babarirwa mu bihumbi bahunga berekeza mu mujyi wa Goma na Minova, ibi byatumye igisirikare cya cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gishinja inyeshyamba za M23 kutubahiriza amasezerano atandukanye y’abategetsi b’akarere yategetse impande zose guhagarika imirwano. Colonel Ndjike Kaiko Guillaume umuvigizi w’ingabo mu ntara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko M23 yita RDF (ingabo z’u Rwanda) ko kenshi yarenze ku mategeko yo guhagarika imirwano yatanzwe n’inama za Nairobi, Luanda, n’iheruka y’i Bujumbura. Colonel…
SOMA INKURUNyuma y’amasaha 90 habaye umutingito yatabawe agihumeka
Umwana ukivuka na nyina batabawe bakurwa mu matongo muri Turkiya hashize amasaha agera kuri 90 umutingito wa mbere ubasenyeho inzu wo kuwa mbere. Amashusho yo kuwa gatanu yerekana abatabazi bakurura bitonze cyane uruhinja rw’umuhungu rw’iminsi 10 rwitwa Yagiz, baruvana munsi y’ibisigazwa by’inzu mu ntara ya Hatay. Ibinyamakuru byaho bivuga ko ibi ari “igitangaza” kuko ubu amahirwe yo kubona abantu bagihumeka yagabanutse, kubera ubukonje bukabije iminsi ine nyuma y’umutingito. Abantu bagera ku 23,000 bamaze gupfa kubera imitingito ibiri ikomeye yatigishije amajyepfo ya Turkiya n’amajyaruguru ya Syria kuwa mbere. Gusa ibikorwa by’ubutabazi…
SOMA INKURUSéismes en Turquie : “Ce pays m’a tout donné, c’est un devoir de lui donner en retour”
Quatre jours après les tremblements de terre meurtriers du sud de la Turquie, la solidarité prend forme. À Gaziantep, Abdelaziz, Ahmed Ali, Yassir, Mustafa, tous étudiants étrangers, multiplient les maraudes pour venir en aide aux rescapés. Un devoir pour eux qui sont tombés amoureux du pays. Reportage. “C’est mon devoir d’aider les autres dans cette épreuve”. Ahmed Ali n’a pas eu besoin de réfléchir. Lorsque la terre a tremblé à Gaziantep le 6 février, l’Égyptien de 25 ans, fraîchement diplômé en ingénierie mécanique, s’est immédiatement mobilisé avec ses amis, étudiants étrangers…
SOMA INKURURéforme des retraites : une mobilisation toujours très forte, les syndicats haussent le ton
Quelque 963 000 personnes ont manifesté samedi en France contre la réforme des retraites, dont 93 000 à Paris, selon le ministère de l’Intérieur, des chiffres en hausse par rapport à mardi où les autorités avaient recensé 757 000 manifestants au niveau national. La CGT a annoncé plus de 2,5 millions manifestants en France, dont 500 000 dans la capitale. Des mobilisations plus familiales et en regain. Avec la quatrième journée d’action contre la réforme des retraites samedi, les syndicats espèrent se faire entendre enfin de l’exécutif, faute de quoi…
SOMA INKURUIkihishe inyuma y’ubwiyongere bw’abana bata ishuri n’uturere twiganjemo iki kibazo
Komisiyo y’imibereho y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu muri Sena, yasuye ibigo by’amashuri by’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12 n’amashuri yigisha tekinike, imyuga n’ubumenyingiro mu turere 21, nyuma y’uru rugendo isesengura ry’aba basenateri ryagaragaje ko hari uturere dufite abana benshi bavuye mu ishuri ku isonga hari uturere twa Nyanza, Musanze, Burera, Gisagara, Rutsiro na Gatsibo. Raporo yakozwe n’iyo komosiyo yagejejwe imbere y’Inteko Rusange ya Sena ku wa Mbere tariki 6 Gashyantare 2023, berekanye ko ikiganje mu gutuma abana bata ishuri harimo kuba abana barangije amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye batsindwa bakanga gusibira. Abasenateri…
SOMA INKURUAmakuru mashya ku mutingito watwaye ubuzima bw’abarenga ibihumbi bine
Ibikorwa by’ubutabazi birakomeje mu majyepfo ya Turkiya n’amajyaruguru ya Syria kuko uyu mutingito wishe abantu barenga 4,300 nk’uko abategetsi babivuga, imibare bateganya ko ishobora kwiyongera. Umutingito w’ubukana bwa magnitude 7.8 watigishije ako gace kuwa mbere mu gitondo cya kare mu gihe abantu benshi bari bakiryamye. Undi mutingito wa magnitude 7.5 warongeye urakubita ahagana saa 13:30 ku isaha yaho (Saa 12:30 i Kigali) utuma ibintu birushaho kumera nabi. Abategetsi muri Turkiya bavuga ko abantu barenga 2,900 bapfuye nyuma y’umutingito wa mbere, naho abandi 15,000 bagakomereka. Ijoro ryacyeye benshi baraye hanze batinya…
SOMA INKURUIbya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera
Mu myanzuro yari yafatiwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’Ibihugu bya EAC yabereye mu Burundi harimo ko bumwe mu buryo bwo gukemura ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari inzira ya politiki n’ibiganiro hagati y’impande zose zirebwa n’ikibazo, ariko ibi Guverinoma ya Congo ntibikozwa kuko yatangaje ko nta kintu iriya nama ivuze ndetse itanayireba. Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya, aho yatangarije abanyamakuru ko ibyo abakuru b’ibihugu bemeje leta ye itazigera ibyubahiriza, ashimangira ko kuri bo, inama y’i Bujumbura nta kinini ivuze, kuko…
SOMA INKURUUmukozi wo ku rwego rwa DASSO yatawe muri yombi
Umuyobozi w’Urwego rwunganira akarere mu mutekano (DASSO), wo mu murenge wa Muyumbu, akarere ka Rwamagana yatawe muri yombi na RIB akekwaho kwaka ruswa umuturage ngo amufashe kubaka atujuje ibyangombwa. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yavuze ko Urwego rw’ubugenzacyaha rusaba Abaturarwanda bose kujya bakurikiza icyo amategeko asaba igihe cyose basaba cyangwa batanga serivise. Yakomeje ati “Gutanga cyangwa guhabwa serivisi si icyubahiro uha umuntu, ni uburenganzira. Ubu burenganzira ariko bugendana n’inshingano yo kubahiriza amategeko.” “Abatanga n’abahabwa serivisi bagomba kubyumva ndetse bakabyubahiriza kuko RIB ntizihanganira uzarenga kuri ayo mategeko. Kwakira no gutanga…
SOMA INKURU