Mu kiganiro Prof. Ntirenganya Faustin, umuyobozi w’ishami rya Plastic Surgery mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, yagiranye na Newtimes, yavuze ko afatanyije na mugenzi we Dr Charles Furaha batangiye guhugura abaganga b’imbere mu gihugu muri iyi ngeri y’ubuvuzi kuva mu 2018, nubwo bitari byoroshye kuko ibisabwa nta byari bihari. Prof. Faustin Ntirenganya, yatangaje ko mu Rwanda hatangijwe ubu buvuzi bukaba bwitezweho kugabanya abarwayi bashoboraga kugira ibyago byo gucibwa ingingo, ubu buvuzi bwita ku kubaga no gukuraho ubusembwa bw’umubiri w’umuntu bukorwa hakoreshejwe ‘microscope’, bukaba buzwi nka ’Microsurgery’. Ni ubuvuzi bukiri…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ubuhinde bugiye guca ku Bushinwa mu guturwa n’abaturage benshi
Umuryango w’Abibumbye wavuze ko bitarenze mu mpera y’iki cyumweru Ubuhinde buzaca ku Bushinwa bukaba igihugu cya mbere ku isi gituwe n’abaturage benshi. Biteganyijwe ko abaturage b’Ubuhinde bazagera kuri 1,425,775,850 mu mpera y’uku kwezi kwa Mata, nkuko bigaragazwa n’amakuru mashya ya ONU. Mu cyumweru gishize, irindi shami rya ONU ryateganyaga ko Ubuhinde buzaca ku Bushinwa hagati muri uyu mwaka. Ibi bihugu byo ku mugabane w’Aziya bimaze imyaka irenga 70 byihariye abarenga kimwe cya gatatu (1/3) cy’abatuye isi. Mu itangazo, ishami rya ONU rishinzwe ubukungu n’imibereho, DESA (Department of Economic and Social…
SOMA INKURUNyagatare: Abanyeshuri bagaragaje icyabafasha kwibona muri gahunda yo kurwanya SIDA
Ubushakashatsi bwerekanye ko buri mwaka mu Rwanda handura abantu 5000, muri bo 33% ni urubyiruko ni ukuvuga abantu 1500, igitsina gore bakaba ari 1000 mu gihe igitsina gabo ari 500. Nubwo bimeze gutya urubyiruko rw’abanyeshuri bo muri Nyagatare batangaza icyo bakeneye cyabafasha kwirinda iki cyorezo, dore ko harimo n’abemeza ko nta makuru ahagije yo kurwanya no kwirinda virusi itera SIDA bafite. Ibi aba banyeshuri banyuranye bo mu bigo by’amashuri yisumbuye yo mu mirenge ya Karangazi na Kagitumba byo mu karere ka Nyagatare batangaje byo kutagira ubumenyi n’amakuru ahagije kuri virusi…
SOMA INKURUBurundi: Amakuru mashya kuri Gen Alain Guillaume Bunyoni uheruka gutabwa muri yombi
Komisiyo yigenga iharani uburenganzira bw’Ikiremwa Muntu mu gihugu cy’u Burundi CNIDH-Burundi(Commission Nationale Independante de Droits de l’Homme du Burundi), yatangaje ko yasuye Gen Alain Guillaume Bunyoni uheruka gutabwa muri yombi n’inzego zishinzwe iperereza mu gihugu cy’ u Burundi igasanga nta kibazo afite. Ubutumwa iyi Komisiyo yanyujije k’urubuga rwayo rwa Twitter ejo ku wa 22 Mata 2023, buvuga ko Ubayobozi ba CNIDH-Burundi, bwasuye Gen Bunyoni basanga nta kibazo afite ndetse ko nta hohoterwa cyangwa iyica rubozo yigeze akorerwa kuva yatabwa muri yombi. Iti “Twasuye Gen Bunyoni aho afungiye dusanga nta kibazo…
SOMA INKURUSudani: Intambara ikomeje gufata indi ntera, ibihugu bikomeye bihungisha abaturage babyo
Imirwano hagati y’Umutwe wa RSF n’Igisirikare cya Sudani yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize ikomotse ku kutumvikana ku masezerano yagombaga gusinywa ku wa 1 Mata 2023 agamije kuvanga ingabo za Leta zihagarariwe na Gen Abdel Fattah al-Burhan usanzwe uyoboye Akanama ka Gisirikare gategeka igihugu na RSF iyobowe na Gen Mohamad Hamdan “Hemedti” Dagalo usanzwe unamwungirije, ibi byatumye ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa bitangira guhungisha abaturage babyo babaga muri Sudani. Itangazo ryasohowe n’Igisirikare cya Sudani ryahamije ko Umugaba w’Ingabo zemewe za Leta, Gen Abdel Fattah al-Burhan,…
SOMA INKURUGutsindwa ni intandaro y’ubuzima budasanzwe bw’abakinnyi -Umutoza Bizumuremyi wa Etincelles FC
Umutoza wa Etincelles FC, Bizumuremyi Radjab, yatangaje ko abakinnyi be babayeho ubuzima bugoye cyane ku buryo no kubona ifunguro ari ikibazo gikomeye. Aganira n’itangazamakuru, Bizumuremyi, yavuze ko umusaruro mubi ikipe ye iri kubona muri iyi minsi uri guterwa n’ubuzima bubi abakinnyi babayemo. Yagize ati “Ikibazo ni ubuzima bubi bari kubamo (abakinnyi). Icyo twanga ni ibihano bya Federasiyo byo kutitabira umukino ariko ikipe ibayeho nabi cyane.” Yongeyeho ko ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu busa n’ubwabatereranye muri iki gihe ku buryo batakibubona. Yakomeje ati “Umupira ni amafaranga, nta buyobozi kuko n’ubw’akarere busa nk’aho…
SOMA INKURUYaciye ikiganza nyina w’umukunzi we
Umusore w’imyaka 26 uzwi ku izina rya Naison Kamwendo yafatiwe ahitwa Ntcheu muri Malawi azira guca ikiganza cy’umugore nyuma yuko uwo mugore yanze icyifuzo cye cyo kumushyingira umukobwa we w’imyaka 19. Umuvugizi wa Polisi ya Ntcheu, Rabecca Ndiwate, avuga ko Kamwendo yakoze iki cyaha ku wa kane w’iki cyumweru. Ndiwate avuga ko uyu mukobwa wabaye nyirabayazana, ari umunyeshuri mu mashuri yisumbuye ariko Kamwendo yashakaga kumurongora Nyina w’uyu mukobwa Charity Chailosi yanze icyo cyifuzo avuga ko umwana we agomba kwibanda ku ishuri gusa. Kuwa kane, uyu mukobwa yagiye ku ishuri ahitwa…
SOMA INKURUMusanze in new drive to curb malnutrition
Musanze district in Rwanda has launched a new community campaign aimed at combating stunting, a condition resulting from malnutrition that affects physical and mental development in children. The campaign aims to encourage the population to raise at least two chickens to lay eggs, which are a nutritious source of protein and essential vitamins. Latest data from the Rwanda Demographic Health Survey in 2020 shows that Musanze district has a prevalence rate of 45.4 per cent, making it the third district with the highest prevalence in the country. Ngororero and Nyabihu…
SOMA INKURUAnti-Smuggling unit bust liquor smugglers
The Rwanda National Police (RNP) Anti-Smuggling and Organized Crime (ASOC) department, on Friday April 21, busted a house in Rukiri village, Kabeza cell of Kanombe sector, Kicukiro District which was used as store for smuggled wines and liquors. The ASOC officers raided the rental house at about 8p.m, where 406 bottles of assorted smuggled wines and spirits, all valued at Frw15 million, as well as 360 packets of cigarette, were recovered. Four people, including a woman and her daughter, the alleged owner of the seized smuggled goods, as well as…
SOMA INKURUForeigners evacuated as factions battle in Sudan’s Khartoum
The armed forces of the United States and the United Kingdom have evacuated embassy staff from Sudan, while other nations are rushing to get their citizens to safety as rival military factions battle in the capital Khartoum. The eruption of fighting eight days ago between the army and Rapid Support Forces (RSF) paramilitary group has triggered a humanitarian crisis, killed 420 people and trapped millions of Sudanese without access to basic services. As people attempted to flee the chaos, countries began landing planes and organising convoys in Khartoum to pull out their nationals. “UK armed forces…
SOMA INKURU