Ku munsi wa 28 wa Shampiyonay’u Rwanda, umukino wahuje Bugesera ari nayo yakiriye na Rayon Sports, wabaye udasanzwe nyuma y’aho ku munota wa 52 umukino wahagaze nyuma y’amakimbirane ikipe ya Rayon ishinja abasifuzi kuyiba, bikaba byaranabyaye igisa nk’imyigaragambyo ariko MINISPOC ikaba yatangaje ko iri gukurikirana iki kibazo. Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X yatangaje ko uru rwego rwiteguye gukurikirana ikibazo cy’imvururu cyagaragaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu. Ati “Mwiriwe neza! Hari amakuru twakomeje kubona ajyanye n’umukino wahuje…
SOMA INKURUCategory: Imikino
Mu myiteguro ya BAL 2025, ikipe ya APR BBC yagize kirogoya
Imyiteguro yo kwitabira BAL 2025 ku ikipe ya APR BBC, ikomeje gukomwa mu nkokora nyuma y’aho abakinnyi bayo bakomeye bagiriye imvune ikomeye mu mukino uheruka. Abo bakinnye bateje ikibazo mu myiteguro y’iyi kipe ni Shema Osborn na Nobel Boungou Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Shema ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu ikipe yiIgihugu ndetse na Nobel kuko ni umwe mu bakinnyi bashya Ikipe ya APR yaguze mu rwego rwo guha imbaraga iyi kipe bitegura amarushanwa…
SOMA INKURUNyuma yo kwitwara nabi imbere y’abafana, Amavubi yasubiye inyuma ku rutonde rwa FIFA
Ku rutonde rw’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi “FIFA” ikipe y’u Rwanda “Amavubi” mu mwaka ushize Ukuboza yari ku mwanya w’i 124, ariko nyuma y’imikino 2 yakiniye iwayo igatsindwa ndetse ikananganya bishobora kuyisubiza inyuma ku myanya 6 ikaba yakwisanga ku mwanya w’i130. Ibi bikaba byaturutse ku mukino yatsinzwe na Nigeria ibitego 2-0 hamwe no kunganya n’ikipe ya Lesotho igitego 1-1 mu mikino yo gushaka igikombe cy’isi, bikaba byaratumye amavubi atakaza amanota 7. Uretse ikipe y’u Rwanda “Amavubi”, muri Afurika andi makipe ataritwaye neza muri iyi mikino harimo ri Guinée-Bissau yatakaje imyanya…
SOMA INKURUAmagaju FC yakoze mu ijisho APR FC
Mu mukino watangiye uryoheye ijisho mu gihe cya mbere, aho ku ruhande rw’Amagaju FC Useni Kiza Seraphin yagerageje gushimisha abari muri Stade, ku ruhande rwa APR FC Dauda Yussif Seif nawe ari nako ashimisha abafana, ariko byarangiye ku nshuro Amagaju akoze mu ijisho abafana ba APR FC. Ibi bikaba byabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, aho ikipe y’Amagaju FC yatsindiye APR FC kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye 1-0, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona, akora amateka wo kuyitsinda bwa mbere. Umunya-Ghana Dauda Yussif ku munota wa 32,…
SOMA INKURUAPR ikomeje kongera amaraso mashya mu ikipe
Umwe mu bayobozi ba APR FC yemeje ko bamaze gusinyisha umugande Hakim Kiwanuka, uri mu bakinnyi bahagaze neza muri Uganda Premier League. Hakim Kiwanuka yageze muri Villla SC muri Nzeri 2023, avuye muri Proline FC ndete yigeze kujya mu igerageza i Burayi. Kiwanuka ni umukinnyi usatira izamu anyuze iburyo, akaba ari we watsinze igitego cyafashije Uganda gusezerera u Burundi mu ijonjora rya kabiri cya CHAN 2024 mu mpera z’Ukuboza, akaba yari asigaje umwaka n’igice, kugira ngo ahabwe amasezerano y’imyaka ibiri mu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Mu mwaka w’imikino ushize, yafashije Jogoo…
SOMA INKURUManchester United coaching exit ‘hurt’ Ruud van Nistelrooy
United’s former interim head coach says he was disappointed to leave the club after Ruben Amorim’s arrival as the new permanent manager. Former Manchester United forward Ruud van Nistelrooy says he was disappointed to leave the club after his successful spell as interim coach came to an end with the appointment of Ruben Amorim as the club’s new full-time manager but the Dutchman understands why Amorim wanted to bring his own assistants into the club. “I was disappointed, yeah, very much so, and it hurt that I had to leave,”…
SOMA INKURUDrake icyamamare mu muziki wa USA yahombejwe na Mike Tyson asaga miliyoni 400 ku mukino umwe
Umukino w’iteramakofe wabereye kuri AT&T Stadium Arlington, muri Leta ya Texas, wahuje Mike Tyson na Jake Paul, wahombeje umuraperi Graham (Drake) Amadorali 335,000 ni ukuvuga asaga miliyoni 400 z’amafaranga y’u Rwanda. Ibi byabaye nyuma y’uko abari bagize akanama nkemurampaka bahurije ku kuba Jake Paul wamamaye kuri YouTube no ku mbuga nkoranyambaga, ari we utsinze nyuma yo kugira amanota 80-72, 79-73 na 79-73, mu gihe umuraperi Aubrey Drake yari yayategeye Mike Tyson kariya kayabo k’amafaranga kugira ngo atsinde uyu mukino w’iteramakofe. Ikinyamakuru The Vanguard, kivuga ko Mike Tyson iyo aza gutsinda,…
SOMA INKURUIkipe ya PSG ikomeje kwinangira kwishyura umwenda ifitiye Kylian Mbappé
Nubwo ikipe PSG yategetswe na Ligue de Football Professionnel (LFP), ishinzwe gucunga ibikorwa byose bijyanye n’umupira w’amaguru muri Federasiyo y’Umupira w’amaguru w’umwuga mu Bufaransa, igomba kwishyura umwenda ifitiye Kylian Mbappé, ariko yo ikomeje kubyanga kugeza n’ejo ku wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024, nk’uko byatagajwe n’ibinyamakuru bitandukanye harimo na France 24. Komisiyo yo muri Ligue de Football Professionnel (LFP), yari yemeje ko ikipe ya PSG igomba guha Kylian Mbappé miliyoni 55 z’Amayero z’umwenda imubereyemo, ariko iyi kipe yaraye itangaje ko itazabikora. Uwo mwenda Kylian Mbappé yishyuza ikipe ya PSG yahoze…
SOMA INKURURwanda’s Cycling Team Wins Gold at African Championships in Eldoret, Kenya
The Rwandan National Cycling Team clinched the gold medal in the mixed team time trial event at the African Cycling Championships, held in Eldoret, Kenya. The event took place on Thursday, October 10, 2024, marking the second day of the championship. The time trial involved six participating countries, each with a mixed team comprising three men and three women. Rwanda’s winning team included cyclists Mugisha Moïse, Ingabire Diane, Mukashema Josiane, Nzayisenga Valentine, Masengesho Vainqueur, and Tuyizere Étienne. They completed the 44.8-kilometer race in 1 hour and 6 seconds, finishing 39…
SOMA INKURUBasketball: Patriots BBC Defeats APR BBC in a Close Game
In the basketball league playoffs, Patriots BBC defeated APR BBC with a score of 61-49, tying the series at 2-2. Stephaun Branch of Patriots BBC scored the most points in the game. The match started with both teams showing great energy, but the players were cautious, avoiding making early mistakes. The first quarter did not see many points compared to previous games, and there was no clear lead as the teams ended the quarter tied at 14-14. In the second quarter, before the teams went for halftime, Patriots were leading…
SOMA INKURU