Muri Kamena uyu mwaka wa 2025, Ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa mu Rwanda, (Rwanda FDA), cyatangaje ko gihagaritse itumizwa, ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’imiti yose y’ibinini yitwa RELIEF,yari isanzwe ikoreshwa kivuga ko itemewe. Guhera mu mwaka wa 2019 kugeza 2023, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA), cyakuye ku isoko imiti myinshi itujuje ubuziranenge cyangwa yinjijwe mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Mu myaka ya 2023-2024 raporo z’iki kigo zigaragaza ko cyahagaritse imiti 14 n’ibyiciro bibiri byihariye birimo icy’imiti yo mu maso ya tetracycline, bitewe n’impungenge ku mutekano…
SOMA INKURU