Imyuka ihumanya ikirere imbogamizi ku isi n’u Rwanda rudasigaye

Guhumana ku ikirere bikomeje kuba ikibazo gikomereye isi n’u Rwanda rudasigaye, bikaba binemezwa na raporo zinyuranye zirimo iya Banki y’Isi (World Bank), aho mu mwaka wa 2022 yagaragaje ko mu mijyi ikura ku muvuduko na Kigali irimo, imyuka iva mu binyabiziga ari yo soko nyamukuru ya 40% by’ihumana ry’ikirere. Ubushakashatsi bwa UNEP (United Nations Environment Programme) bwo mu mwaka wa 2021 bwerekanye ko muri Afurika, ihumana ry’ikirere ritwara ubuzima bw’abantu basaga miliyoni 1.1 buri mwaka. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa kabiri, tariki 16 Nzeri 2025, u Rwanda rwifatanyaga…

SOMA INKURU

Kigali: Imyiteguro ya shampiyona y’Isi y’amagare irarimbanyije n’ishyaka ryo kwandika amateka

Ni ku nshuro ya mbere mu mateka ya Afurika, Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera kuri uyu mugabane, kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. U Rwanda rukaba rwanditse aya mateka, aho ruzakira abakinnyi barenga 1000 baturutse mu bihugu bisaga 100, ibintu bizahindura isura y’imihanda, ubukerarugendo n’ubucuruzi mu mujyi wa Kigali. Ku ruhande rw’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, abakinnyi 23 nibo batoranyijwe barimo kwitoreza mu Bugesera, bakazaba bahagarariye igihugu imbere y’abafana babo. Ibi bikaba binashimangirwa n’umutoza mukuru, Sempoma Félix, utangaza ko imyitozo irimo kugenda neza kandi intego ari ukwandika amateka.…

SOMA INKURU